
Ikibazo cy’inama y’Abakono mu Kinigi cyazamuye ikibazo rusange cy’imiyoborere mu Majyaruguru! Ariko iyo urebye ibi bibazo bimaze igihe mu Ntara!
Akarere ka Musanze kari mu marembo y’Intara kagiye kavangirwa mu miyoborere kandi bikambukiranya Intara! Muri iki kiganiro turagaruka kuri zimwe mu ngero z’Abameya bananijwe n’Intara! Hari n’uwari wishwe.
01 Jan 1970
»
Administrator